mardi 30 juillet 2019

AMAKOSA 10 ATUMA UTAMUZANISHA AMAZI NGO BYEMERE


Mbere yo kukwereka amakosa 10 atuma utamuzanisha amazi ngo byemere, banza uzirikane ko ubushakashatsi bwerekana ko:
  1. Abagore 15% ni bo bonyine babasha kuzana amazi kugeza ubu.
  2. Abagore 3%, babasha kugeza ibyishimo ku ndunduro no kuzana amazi batabitekerejeho.
  3. Mu bagore batwara ifarashi, hafi 20% muri bo babashije kugeza ibyishimo ku ndunduro batwaye ifarashi;
  4. Abagore bakora Yoga, hafi ya 7% na bo babashije kugeza ibyishimo ku ndunduro bibereye muri Yoga.


AMAKOSA NI AYA:
  1. Kumuzanisha amazi ukoresheje igitsina cyawe gusa. Iri ni ikosa, kuko n’ubwo bishoboka, ariko birakomeye. Ku bagore benshi, byoroha iyo uvanzemo no gukoresha intoki.
  2. Kutamutegura bihagije ni ikosa rikomeye, kuko mu kumutegura ni bwo ya mazi yikora.
  3. Kumubwira ko ukeneye ko amaza aza, cyangwa ngo ko ukunda umugore uzana amazi nyamara ubizi neza ko we atarayazana ni ikosa rikabije. Ibyo bituma agira stress, bityo ntabashe kugira kwirekura gutuma amazi arekurwa.
  4. Mu gihe umutegura kuzana amazi, ni ikosa rikomeye kutamwereka ko ibintu bye ubikunda cyane, ko uburyo abigukorera bikunezeza bikomeye, kuko ibi bituma yigiramo ikizere gituma yirekura mu gihe atanga ibintu, bityo kuzana amazi bikaba byashoboka.
  5. Gutinya kumubwira ngo agufashe, no kutibuka akamaro ka rugongo (clitoris) ni ikosa: Mu gihe mubikora, kora ku buryo ufata position ituma umwanya mwibarukiro we wa rugongo uwukorakora bihagije. Cyangwa se we agufashe abyikorere niba bitamubangamira.
  6. Kutamenya aho werekeza igitsina ngo kibashe gukorakora G-spot. Akadomo mu myanya myibarukiro y’umugore gatuma ubushake bwiyongera ndetse n’amazi agakorwa. Ntibisaba ko iba ndende, cyakora kuba ibyibushye bishobora koroshya akazi kuko ikuba mu nkuta z’inda ibyara y’umugore, ari ho G-spot iherereye.
  7. Kwibagirwa guhamisha hamwe, kandi ugenzura uko atwarwa, no Kwibagirwa kongera umurego ha handi hamutwaye, kugira ngo umufashe kuzamuka mu byishimo bigana ku kuzana amazi, ni ikosa.
  8. Kwibagirwa guha amazi inzira ni ikosa: ZIRIKANA KO kugira ngo amazi asohoke ugomba kuyaha inzira (hari abo asohoka utayahaye inzira ariko ni bake). Wigumishamo igitsina hanyuma ngo wibaze impamvu amazi ataza. Menya igihe cyo gukuramo no gusubizamo. Kandi mu gihe wakuyemo, igitsina cyawe ugikoreshe ukuba mu mpande z’umwinjiriro wacyo kugira ngo umugore akomeze agubwe neza.
  9. Wimumenyesha ko ugiye gukuramo igitsina. Kuko icyo gihe byatuma asa n’ubumba, cyangwa agakanya imyanya myibarukiro ye bigatuma amazi adasohoka.
  10. Mu gihe ukuyemo igitsina, ntugahite urekeraho gukorakora rugongo. Bikomeze.

Video irambuye inabisobanura neza kurushaho wayisanga HANO.


2 commentaires:

INKURU IHERUKA GUSOHOKA

IBINTU 10 ABAGORE BAKORERA MU BURIRI NTIBISHIMISHE ABAGABO Abagabo batandukanye n’abagore. Ibyo abagabo bakunda, usanga kenshi bi...